Fata icyerekezo cy’ejo hazaza mu mwuga wawe.
Guha urubyiruko ubumenyi bukenewe, guhanga imirimo, no kurwanya ubukene.
Reba Amasomo YacuIshuri rya Hope For Good Future ryatangiye mu mwaka wa 2017 rifite intego yo guha urubyiruko amahirwe yo kwigira. Twatangiye dufite abanyeshuri 42 gusa bigaga mu mashami atatu. Mu mwaka wa 2018, nibwo ishuri ryahawe ubuzima gatozi na Leta y'u Rwanda.
Ubu ishuri ryarutse cyane, aho rifite ubushobozi bwo kwakira abanyeshuri barenga 400 ku mwaka. Twaguye amashami twigisha kugira ngo tujye n'igihe n'ibyo isoko ry'umurimo rinkeneye.
Kubaka ikigo gihatana ku rwego mpuzamahanga mu gutanga ubumenyi burema akazi.
Kurema aho kwigira hujuje ubuziranenge hategura umunyeshuri w’indashyikirwa.
Dutanga ubumenyi ngiro mu mashami atandukanye.
Kwigisha gusana no gukora imodoka n'ubundi bukore bwa tekiniki.
Ubumenyi mu gusudira ibyuma bitandukanye.
Kwigisha kudoda no guhanga imideli ijanye n'igihe.
Guteza imbere impano mu bugeni n'ubukorikori gakondo.
Kwigisha kogosha, gusuka, no gukora iby’ubwiza.
Ubumenyi mu gukora inkweto, amasakoshi n'ibindi mu mpu.






Muhanga, Nyamabuye, Remera, Gasharu
+250 788 977 861 | +250 788 749 066
info@hopeforgoodfuture.ac.rw